reka nkubaze uwera, ubu mitsingi igeze kuri 600frw , muli 94 yari 90frw, ikiro ki sukari ubu ni 700frw muli 94 cyari 50frw ,ikiro kinyama ni 2000frw ,muli 94 cyari 120frw mwitwa ngo muli aborozi, umuceli wo nawu kiwubaza urya kagame ,tuvujye ko mutegeka igihugu mwarakishe nago developpement yigihugu ari ukuzamura amataje nkuko mwirirwa mubivuga , reba inganda habyara yasize hari narumwe mwongeyeho, ahubwo izo yasize zirimo guhomba, abashomeri murabejeje , mugabanya abakozi buri munsi, mbwira ikintu kizima mwazanye ,amashanyarazi yarabuze byabananiye kurepara ibyo mwasenye, mwirirwa muhindagura amazina yi gihugu ibyariho byabatwaye iki ,mwabuze icyo mukora ikibaya cya nyabarongo nigipfuye ubusa uzansubize tujye tuvugana ibyubaka aho gutukana nka bashumba sawa komera uwera bye. |